25.7 C
Kigali
Sunday, August 16, 2026

Irakoze FABRICE

spot_img

Nasty C yavuze ko Wizkid ari umwe mu bafunguye amarembo y’umuziki wa Afurika ku Isi

Umuraperi wamamaye muri Afurika y’Epfo, Nasty C, yavuze ko umuhanzi wo muri Nigeria Wizkid yagize uruhare rukomeye mu gutuma umuziki wa Afurika wakirwa ku...

Ashmusy yavuze impamvu atihutira gushakwa nubwo afite imyaka 30

Yasobanuye ko nyuma yo kubikamo amagi ye (freezing eggs) kugira ngo arinde inzozi ze zo kuzabyara, ubu yumva afite ituze n’umutekano ku hazaza he...

Impaka Ku Mbuga Nkoranyambaga Nyuma y’Ubutumwa Esther Kazungu Yashyize Hanze

Umunyarwenya akaba n’umunyamurongo ku mbuga nkoranyambaga, Esther Kazungu, yaciye ibintu nyuma yo gushyira hanze ubutumwa yagiranaga n’umukozi wo mu rugo we, ibintu byakuruye impaka...

Davido Yahungabanije Abafana Be Nyuma yo Gutangaza Ikiruhuko Mu Muziki

Umuhanzi wo muri Nigeria David Adeleke wamenyekanye nka Davido, yatangaje ko afashe ikiruhuko kitazwi igihe kizamara mu muziki. Mu kiganiro aherutse gukora kuri livestream hamwe...

Carter Efe yahawe milliyoni 50 z’ama naira nyuma yo gutsinda Portable

Umunyamafaranga akaba n’umucuruzi ukorera i Lagos, Emeka Okonkwo (E-Money), yasohoje isezerano yari yaratanze ryo guhemba umunyarwenya Carter Efe amafaranga angana na miliyoni 50 z’ama-naira,...

Muri Nigeria, buri muntu ni nk’ubuyobozi bwe” Korra Obidi

Umubyinnyi akaba n’umuhanzikazi w’Umunyanigeria uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Korra Obidi, yagarutse ku mibereho yo muri Nigeria, agaragaza ko abaturage baho babayeho...

Senateri Allan Chesang yasuye Dem wa Facebook nyuma y’baby shower ye

Uruzinduko ruje nyuma y’iminsi micye comedienne Dem wa Facebook akoze baby shower yuje ibara n’akanyamuneza, aho yatangaje ko atwite impanga. Mu mashusho yasakaye kuri...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img