19.9 C
Kigali
Monday, August 17, 2026
HomeCelebrity

Celebrity

Bwiza yasabye imbabazi nyuma yo kubura ku rubyiniro i Bugesera kubera impanuka

Umuhanzikazi Bwiza yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo kutitabira igitaramo cya Summer Country Tour cyabereye mu Karere ka Bugesera District kuri uyu wa Gatandatu,...

U Rwanda Rwakiriye Angelina Jolie mu Rugendo Rwe rw’Ubutabazi

Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa filime wamamaye cyane ku Isi, Angelina Jolie, ari mu Rwanda mu ruzinduko bivugwa ko rushingiye ku bikorwa by’ubugiraneza no kurengera...

Mutesi Jolly yikomye Bebe Cool nyuma yo kumuhuza n’ubutekamutwe bwo kuri internet

Habura iminsi mike ngo ikibazo cyari cyatangiye nk’amagambo ku mbuga nkoranyambaga gifate indi ntera, aho uwahoze ari Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly,...

Ibyamamare byonyine ntibishobora gukiza Nigeria “Peter Okoye”

Umuhanzi Peter Okoye, uzwi cyane nka Mr P akaba yarahoze mu itsinda rya P-Square ryamamaye muri Nigeria, yavuze ko ibyamamare byonyine bidafite ubushobozi bwo...

Ibigwi bya Langwida wo m’urunana yitabye Imana ku myaka 64.

Abakunzi b’ikinamico nyarwanda, by’umwihariko abakurikirana Urunana, babyukanye inkuru y’incamugongo kuri iki Cyumweru tariki ya 7 Kamena 2026, nyuma y’aho hamenyekanye ko Nyirabagande Drocelle Fridaus...

Uwashinze MOBO Awards, Kanya King, yitabye Imana afite imyaka 57 azize kanseri

Umunyemari w’Umwongereza ndetse n’uwashinze ibihembo bya MOBO Awards, Kanya King, yitabye Imana.Kanya King yapfuye ku wa 3 Kamena 2026 nyuma yo kumara igihe arwana...

Yvonne Jegede yibasiye Perezida Tinubu, avuga ko Guverinoma ye yananiwe kurengera abaturage

Umukinnyi wa filime wo muri Nollywood, Yvonne Jegede, yanenze uburyo ubutegetsi bwa Perezida Bola Tinubu buri gukemura ikibazo cy'umutekano muke muri Nigeria. Uyu mukinnyi yavuze...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img