23.7 C
Kigali
Sunday, September 20, 2026
HomeNews

News

Moctar yahaye France Mpundu impano y’imodoka

Moctar yahaye umukunzi we, France Mpundu impano y’imodoka yo mu bwoko bwa BYD Tai 3 yasohotse mu 2025. Mu butumwa yatambukije ku mbuga nkoranyambaga kuri...

Umunyarwenya Pirate yishyizeho ‘tattoo’ ya Bruce Melodie

Ku kuboko kwe kw’ibumoso, Pirate yiyanditseho amagambo agira ati “Itahiwacu Bruce #001”, iyi ikaba kode abafana ba Bruce Melodie biyumvamo nyuma y’uko ayihaye mu...

Idrissa Ouedraogo yareze Ishimwe Vestine asaba kwerekwa umwana no gupimisha DNA.

Idrissa Ouedraogo yareze Ishimwe Vestine mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, asaba ko urukiko rutegeka uyu mugore kumwereka umwana avuga ko babyaranye, ndetse rugategeka ko...

Nelly Wilson Misago yanyuzwe no gushyirwa mu banyamuryango ba ‘IATAS’ itegura ‘Emmy Awards’

Nelly Wilson Misago, umwe mu bamaze igihe bagira uruhare mu iterambere rya sinema mu Rwanda, yishimiye gushyirwa mu banyamuryango ba International Academy of Television...

Ishimwe Vestine yemeje ko yasabye gatanya umugabo we; Menya ibyo amushinja.

Ishimwe Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas’ yemeje ko yatangiye urugendo rwo gusaba gatanya umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo ashinja kumuharika agatera inda mu...

Producer Bob Pro na Kelliah basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore

Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Bob Pro, umwe mu bakomeye mu bijyanye no gutunganya amajwi no gukora Mastering z’indirimbo z’abahanzi, yakoze ubukwe n’umukunzi we Tuyizere...

Céline Dion yasubiye ku rubyiniro nyuma y’imyaka itandatu

   Céline Dion yongeye gutaramira abakunzi be, nyuma y’imyaka itandatu yari amaze adakora ibitaramo kubera uburwayi. Ku wa Gatandatu, tariki ya 12 Nzeri 2026, Dion yaririmbiye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img