25.7 C
Kigali
Sunday, August 16, 2026

Irakoze FABRICE

spot_img

Sarz yasobanuye uko kwigira umunyabwenge byamubujije gukorana n’abahanzi benshi.

Sarz yavuze ko kwigira umunyabwenge no kugira ego nyinshi ari byo byatumye atakorana n’abahanzi benshi mu ntangiriro z’umwuga we. Mu kiganiro yagiranye na The Fadar,...

Nandi Madida yagaragaje amaranga mutima adasanzwe afitiye Zakes Bantwini

Umunyamideli n’umunyamakuru uzwi cyane muri Afurika y’Epfo Nandi Madida yashimishije benshi ubwo yizihizaga isabukuru y’umugabo we, umuririmbyi ndetse na producer watsindiye Grammy Zakes Bantwini,...

Instagram yafunze konti ya Phyna bitewe n’intambara ye na VeryDarkMan

Uwahoze yegukana irushanwa rya Big Brother Naija, Phyna, yatakaje konti ye ya Instagram.Konti ya Instagram ya Phyna yafunzwe ku wa Mbere mu gihe yari...

Umuryango wa Alexx Ekubo watangaje gahunda yo kumushyingura

Umuryango wa Alexx Ekubo watangaje ku mugaragaro gahunda yo gushyingura uyu mukinnyi wa filime, umusobanura nk’umuntu waranzwe n’urukundo, ukwemera, ubuntu n’impuhwe.Umuryango wa Ekubo-Okwaraeke watangaje...

Manager wa Davido, Israel DMW, yasubije Phyna wamwise umugabo udashobora kubyara

Manager ushinzwe ibijyanye n’ingendo za Davido ndetse n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Israel Afeare uzwi nka Israel DMW, yibasiye uwahoze ari umunywanyi wa Big Brother...

Intsinzi ya Ben’Imana i Cannes itangiye icyiciro gishya cya sinema nyarwanda

Filime Ben’Imana ya Marie-Clémentine Dusabejambo yegukanye ibihembo bibiri bikomeye birimo Caméra d'Or na FIPRESCI Prize mu Iserukiramuco rya Cannes ku wa Gatandatu, tariki ya...

Umwana w’ imyaka 13 yatawe muri yombi Akekwaho kurasa no gukomeretsa umuyobozi w’ishuri

Umuhungu w’umunyeshuri w’imyaka 13 wo muri Afurika y’Epfo, watawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kurasa no gukomeretsa umuyobozi w’ishuri rye, ashobora kuburanishwa nk’umuntu mukuru...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img