23.7 C
Kigali
Sunday, September 20, 2026

Manager wa Davido, Israel DMW, yasubije Phyna wamwise umugabo udashobora kubyara

spot_img

Manager ushinzwe ibijyanye n’ingendo za Davido ndetse n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Israel Afeare uzwi nka Israel DMW, yibasiye uwahoze ari umunywanyi wa Big Brother Naija wegukanye iryo rushanwa, Phyna, nyuma y’uko amwise umugabo udashobora kubyara.

Byatangiye ubwo Phyna yavugaga ko ikibazo afitanye na VeryDarkMan cyatewe n’uko yanze kuryamana na we.Mu gusubiza ibyo birego, Israel yavuze ko Phyna afite ikibazo cy’umunuko mu gitsina.Nyuma yaho, mu kiganiro live yakoze ku Cyumweru nimugoroba, Phyna yasubije umuntu wari wanditse ati: “VeryDarkMan yamaze kugusambanya cyane,” maze avuga ko Israel DMW ari umugabo udashobora kubyara.

Phyna
Phyna yaubijwe na Israel DMW nyuma y’uko amwise umugabo utabyara

Mu magambo ya Pidgin English yavuze ati:“Oya, sinaryamana n’umugabo uryamana n’abagabo bagenzi be, urashaka ko yanduza indwara? Israel DMW, uwo yararangiritse. Igicucu ku myaka 40, kandi azahora ari igicucu.

“Israel ajya avuga ko igitsina cya Phyna gifite umunuko. Nibura nubwo yavuze ko gifite umunuko, yarakinsanze. None se wowe udashobora kubyara? Israel udashobora no kubyara umwana uwo ari we wese. Israel ufite imyaka 52.”Mu butumwa bwinshi yashyize kuri Instagram ye, Israel yavuze ko impamvu atarabyara ari uko ashaka kuzabyarana abana bose n’umugore we bazaba barasezeranye byemewe n’amategeko, aho kubabyarana n’abo babyarana batashakanye.

Yashyizeho ifoto ya Phyna maze arandika ati:“Mu Nigeria, iyo uri icyamamare wahisemo gushaka umugore umwe mu buryo bwemewe n’amategeko kandi mukabyarana abana, aho kubyara abana hanze, bahita bavuga ko uri impotent. Ibibazo gusa. Igicucu.”

Irakoze FABRICE
Author: Irakoze FABRICE

spot_img
spot_img

Related Articles

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

28,000FansLike
396,898FollowersFollow
1,800FollowersFollow
0SubscribersSubscribe
- get quality only -spot_img

Latest Articles