25.7 C
Kigali
Sunday, August 16, 2026

Sarz yasobanuye uko kwigira umunyabwenge byamubujije gukorana n’abahanzi benshi.

spot_img

Sarz yavuze ko kwigira umunyabwenge no kugira ego nyinshi ari byo byatumye atakorana n’abahanzi benshi mu ntangiriro z’umwuga we.

Mu kiganiro yagiranye na The Fadar, uyu producer n’umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo Back Outside, yavuze ko mbere yari umuntu ugira umujinya vuba kandi akumva ari we muntu mwiza kurusha abandi bose mu muziki.Uyu mugabo w’imyaka 37 yavuze ko nyuma yaje gusobanukirwa ko atari we uzi ibintu byose, bituma afunguka mu gukorana no kwigira ku bandi, harimo n’abakiri bashya mu muziki.

Yagize ati:“Natangiye gukora umuziki ndi umuntu ugira umujinya cyane. Nashakaga gushimisha buri wese. Numvaga ndi cyo kintu cyiza kurusha ibindi byabayeho mu muziki.Ariko ubu nsobanukiwe ko ntazi byose. Buri gihe mba niteguye kwigira ku muntu uwo ari we wese, ndetse n’uwaba yatangiye ejo.”

Related Articles

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

28,000FansLike
396,898FollowersFollow
1,800FollowersFollow
0SubscribersSubscribe
- get quality only -spot_img

Latest Articles