Nasty C na Tellaman bongeye guhurira mu ndirimbo yabo nshya bise “Big Timing”, aho bahurije hamwe injyana ya R&B na hip-hop, bakagaragaza ubucuti bwabo...
Tyla wo muri Afurika y’Epfo na Future wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika basohoye indirimbo nshya bise “Game Time”, igamije guherekeza Igikombe cy’Isi...
Nk'uko byatangajwe, ku wa 15 Gicurasi 2026, abanyeshuri 39 n'abarimu barindwi bashimuswe mu mashuri atatu arimo Baptist Nursery and Primary School (Yawota), Community Grammar...
Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda, King James, yemeje ko hagiye kuba igitaramo cya kabiri cyo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki nyuma y’uko amatike y’igitaramo...
Mu by'ukuri, umuhanzi w'icyamamare wo muri Nigeria, Davido, yinjiye mu ntonganya zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusubiza umuntu wamunenze kubera amagambo yavuze agaragaza...