19.3 C
Kigali
Monday, August 17, 2026
HomeEntertainments

Entertainments

Urushako rwa Zari Hassan na Shakib Cham Rugeze ku Iherezo

Umunyamideli akaba n'icyamamare mu myidagaduro muri Uganda, Zari Hassan, yatangaje ko yatandukanye n'umugabo we Shakib Cham nyuma y'imyaka itanu bari bamaze babana, bavuga ko...

Mu masaha 4 gusa, ibyamamare byo mu Rwanda byasohoye indirimbo icyarimwe

Nyuma y'igihe ibyamamare bitandukanye mu Rwanda bisohora indirimbo mu bwisanzure nta guhangana gukomeye kugaragara hagati yabyo, kuri uyu wa 5 Kamena 2026 abahanzi bazwi...

Nyuma y’iminsi 5 akoranye indirimbo na Kivumbi King, Joshua Baraka yongeye guteguza indi nshya

Umuhanzi Joshua Baraka ukomeje kuzamuka ku ruhando mpuzamahanga rw'umuziki, asa n'uwazanye uburyo bwe bwihariye mu miririmbire no mu myandikire y'indirimbo ze, ibintu bitangiye gukurura...

Flavour yavuze impamvu atashobora kwiha umugore umwe.

Umuhanzi w'icyamamare muri Nigeria, Flavour, yatangaje impamvu bimugora kwiha umugore umwe gusa mu rukundo. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo...

Umuraperi CDQ yavuze ko bigoye gutsinda mumuziki udafite agatsiko ubarizwamo

Umuraperi w'icyamamare muri Nigeria, CDQ, yavuze ko inganda z'umuziki muri icyo gihugu zigenzurwa n'amatsinda akomeye ndetse n'udutsiko dufite ijambo rikomeye. Mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru...

Bar yo muri Miami yanze kwakira Beatriz Reis kubera imyambarire ye

Uwahoze ari umwe mu bitabiriye ikiganiro cya televiziyo Big Brother Brazil, yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko yangiwe kwinjira muri bar...

Nasty C na Tellaman bashyize hanze indirimbo nshya “Big Timing” mbere y’uko basohora album yabo.

Nasty C na Tellaman bongeye guhurira mu ndirimbo yabo nshya bise “Big Timing”, aho bahurije hamwe injyana ya R&B na hip-hop, bakagaragaza ubucuti bwabo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img