19.3 C
Kigali
Monday, August 17, 2026
HomeEntertainments

Entertainments

Tiwa Savage na Seyi Shay bongeye kwiyunga nyuma y’imyaka 5

Abahanzi b’ibyamamare mu njyana ya Afrobeat, Tiwa Savage na Seyi Shay, bongeye kwiyunga burundu nyuma y’imyaka igera kuri itanu bari bamaze bafitanye amakimbirane.Ibi bibaye...

Umuhanzi wa gospel Goke Bajowa yakemuye burundu ikibazo cya copyright yari afitanye na Boye Best

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya gospel, Goke Bajowa, yamaze gukemura burundu amakimbirane yari afitanye na Boye Best ajyanye na copyright y’indirimbo.Uwo mwanzuro wo kwiyunga...

Chris Brown yongeye guteza impaka mbere y’tour azakorana na Usher

Chris Brown yongeye kuvugwa cyane mu bitangazamakuru, ndetse kuri benshi ibi bisa n’aho ari inkuru isubiramo: ibintu bishya ariko ibibazo bisanzwe. Uyu muhanzi hamwe n’umukunzi...

DJ Inm Eazy yavuze impamvu yazamuye cyane indirimbo Kiri Gute ya Bob pro kurusha izindi

DJ Inm Eazy, usanzwe azwi cyane mu gutunganya no kuvanga imiziki nka producer na disc jockey, yavuze impamvu zatumye yita cyane ku ndirimbo Kiri...

Umuraperi wo muri Nigeria, Olamide, yatangaje ikimutera ubwoba iyo agiye kurubyiniro

Mu kiganiro yagiranye na Korty EO, uyu muhanzi uzwi nka Baddo yavuze ko iyo mpungenge iterwa n’ibyamubayeho mbere mu bitaramo bitandukanye.Yavuze ko hari igihe...

ID Cabasa yatangaje byinshi kuri sekibi mumuziki usanzwe secular

Producer umaze igihe mu muziki ndetse n’umuyobozi w’ibikorwa bya muzika, ID Cabasa, yasabye abakirisitu bafite impano mu buhanzi kudatinya gukora umuziki usanzwe (secular music...

Burna Boy yarengewe na Bose Ogulu kubyo aregwa byose

Nyina w’umuhanzi Burna Boy, Bose Ogulu, yamurengereye nyuma y’uko yakomeje kunengwa ku mbuga nkoranyambaga. Daily Post yatangaje ko Burna Boy amaze igihe anengwa n’abatari bake...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img