24.9 C
Kigali
Monday, August 17, 2026

Umuraperi wo muri Nigeria, Olamide, yatangaje ikimutera ubwoba iyo agiye kurubyiniro

spot_img

Mu kiganiro yagiranye na Korty EO, uyu muhanzi uzwi nka Baddo yavuze ko iyo mpungenge iterwa n’ibyamubayeho mbere mu bitaramo bitandukanye.Yavuze ko hari igihe yabaga ari ku rubyiniro abantu bakamutungura bakamwambura urunigi cyangwa ingofero, ibintu byamuhaye ihungabana.

Umurperi wo muri nigeria Olamide
Olamide yatangaje ko buri wese ugukozeho uri kurubyiniro biba atari urukundo

Olamide yavuze ko ibyo bintu byari biteye ubwoba cyane, kandi ko bituma ahora yumva afite impungenge igihe cyose agiye kuririmba imbere y’abafana.Yagize ati: “Buri gihe ngiye kujya ku rubyiniro ndagira ubwoba. Nahuye n’ibintu byinshi bidasanzwe nkiri kuririmba. Umuntu ashobora guhita aza akagufata urunigi cyangwa ingofero, ntumenye icyo ukurikiyeho.”

Related Articles

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

28,000FansLike
396,898FollowersFollow
1,800FollowersFollow
0SubscribersSubscribe
- get quality only -spot_img

Latest Articles