27.1 C
Kigali
Monday, August 17, 2026

Afrizum

spot_img

Kimenyi Yves na Miss Uwase Muyango batangiye kuburana gatanya mu mategeko

Umukinnyi w’umupira w’amaguru Kimenyi Yves wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, ndetse na Miss Uwase Muyango wamamaye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2019, batangiye inzira...

X yahinduye gahunda yo kwishyura abakora content

Urubuga rwa X rwafashe icyemezo cyo guhindura uburyo rwishyuramo abakora content, ruhagarika gahunda yari isanzwe yo kugabana amafaranga n’abakoresha. Abari basanzwe muri iyo gahunda bazakomeza...

Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup nyuma y’imyaka 28

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwandika amateka muri ruhago y’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa CECAFA...

Pamella yahaye amasaha 24 ntarengwa abakwirakwije ibihuha ku buzima bwe na The Ben

Umunyamideli n’umunyamideri w’Umunyarwanda Pamella yatangaje ko yahaye amasaha 24 abantu bose bakwirakwije ibihuha bimwerekeyeho ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko ibijyanye n’umubano we na The Ben,...

BK Arena yahindutse korali: Indirimbo 14 zagaragaje ubukaka bwa King James

Hari amajoro umuziki uba urenze kuba imyidagaduro. Hari amajoro indirimbo zihinduka inkuru z’ubuzima bw’abantu. Ku wa Gatandatu nijoro muri BK Arena, ntabwo habereye gusa...

Urban Boyz igiye kongera kubyutsa amateka yayo i Rubavu nyuma y’imyaka hafi icyenda

Itsinda Urban Boyz rigizwe na Safi Madiba, Nizzo Kaboss na Humble Jizzo rigiye kongera guhurira ku rubyiniro i Rubavu nyuma y’imyaka hafi icyenda ritari...

Davido yahaye Mayorkun impano ya Tesla Cybertruck ifite agaciro kagera ku $100,000

Umuhanzi w'icyamamare muri Nigeria, Davido, yagaragaje urukundo n'ubucuti afitanye na mugenzi we Mayorkun amugenera impano y'imodoka y'amashanyarazi yo mu bwoko bwa Tesla Cybertruck, ifite...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img