28.2 C
Kigali
Monday, August 17, 2026

Afrizum

spot_img

BET Awards 2026: Teyana Taylor ni we watwaye ibihembo byinshi

Umukinnyi wa filime, umuririmbyi ndetse n'umunyamideli Teyana Taylor ni we wabaye igihangange muri BET Awards 2026, nyuma yo kwegukana ibihembo bine, byinshi kurusha abandi...

Ibyihishe inyuma yokutaririmba Bwiza impaka ku gitaramo cya Summer Country Tour

Mu gitaramo cya Summer Country Tour 2026 cyabereye mu Karere ka Bugesera ku wa Gatandatu tariki ya 27 Kamena 2026, hari ibintu byatunguye benshi...

DJ Spinny yashimangiye ishema rye ku Rwanda nyuma yo kwitabira Umuganda

DJ Spinny, umwe mu ba-DJ bakomeye muri Uganda ariko ufite inkomoko mu Rwanda, yavuze ko yishimira cyane kuba Umunyarwanda nyuma yo kwitabira Umuganda ku...

Kagarara kuntego idasanzwe yo kwamamara kugeza ahuye na Ashton Hall

Umunyarwanda Kagarara, uzwi cyane nka "Ashton Small", akomeje kwandika amateka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhura n'Umunyamerika Ashton Hall, umuntu yamamariyeho yigana imyitozo ye...

Ihindagurika ry’ibihe Rikomeje Guteza Ubushyuhe Bukabije n’Impfu mu Bufaransa

U Bufaransa n’ibindi bice bitandukanye by’u Burayi bikomeje guhura n’ingaruka zikomeye z’ibihe by’ubushyuhe bukabije, aho inzego z’ubuzima zatangaje ko hapfuye abantu barenga 1,000 ugereranyije...

Bwiza yasabye imbabazi nyuma yo kubura ku rubyiniro i Bugesera kubera impanuka

Umuhanzikazi Bwiza yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo kutitabira igitaramo cya Summer Country Tour cyabereye mu Karere ka Bugesera District kuri uyu wa Gatandatu,...

Marina yibutse Jay Polly mu buryo bwakoze ku mitima y’abafana

Umuhanzikazi Ingabire Marina Deborah yavuze ko impamvu akomeje kuririmba indirimbo za nyakwigendera Jay Polly mu bitaramo bye ari uko akimufata nk'umwe mu bahanzi bamugizeho...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img