19.9 C
Kigali
Tuesday, August 18, 2026
HomeNews

News

Urupfu rwa Lil Poppa rwemejwe n’Ibiro bya Leta ya Georgia.

Ibiro bishinzwe gusuzuma imirambo bya Fulton County Medical Examiner’s Office byemeje urupfu rwa Janarious “Lil Poppa” Wheeler w’imyaka 25. Aya makuru yatangajwe mu gihe...

Bobi Wine yemeje ko umugore we n’abana bahunze Uganda

Bobi Wine, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda akaba n’umuyobozi w’ishyaka National Unity Platform (NUP), yatangaje ko umugore we n’abana babo batakiri muri Uganda,...

Barack Obama avugako ‘Aliens’ zibaho

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yatangaje ko yemera ko ibivugwa ku biremwa byo mu isanzure bizwi nka Aliens...

Paul Mackenzie arashinjwa urupfu rw’abantu 52 ababeshya Ijuru

Nairobi, Kenya – Umuvugabutumwa Paul Mackenzie, washinze idini Good News International Church, yongeye kwitaba urukiko ku wa 11 Gashyantare, aburana ku byaha bishya bijyanye...

BAD BUNNY YACIYE AGAHIGO KA SUPER BOWL HALFTIME SHOW, ASIGAZA ISI MUGIHIRAHIRO.

Santa Clara, California Umuhanzi w’icyamamare ku Isi, Bad Bunny, yongeye kwandika amateka mashya mu muziki w’Isi nyuma yo kwitwara bidasanzwe mu gitaramo cya Super...

Trump, Elon Musk, Bilgates Amwe mumazina akomeye munyandiko zabanyabyaha muri Amerika

Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize hanze inyandiko nini zigizwe na paji zisaga miliyoni eshatu, amafoto arenga ibihumbi 180 n’amashusho agera...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img