Amerika yongereye ibihugu bisabwa gutanga ingwate ya $15,000 kuri visa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yongeye ibindi bihugu 12 ku rutonde rw’ibisabwa gutanga ingwate y’ibihumbi 15 by’amadolari ya Amerika (arenga miliyoni 21 Frw) ku bifuza visa z’ubucuruzi n’ubukerarugendo.Iki
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda watangaje ko umunsi mukuru usoza igisibo cy’Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan uzaba ku wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026.
Idini ya Islamu...
Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine yavuze ko kugeza ubu nta kipe uyu Mujyi ufite Uretse amakipe atatu gusa ufasha
Emma Claudine Umuvugizi w' umugi...