Phyna, wigeze kwegukana irushanwa rya reality show, yavuze ko Omah Lay ari we muhanzi wenyine wo muri Nigeria yakorana na we igikorwa cy’ijoro rimwe.
Phyna yabivuze mu kiganiro cya livestream giherutse.Mu gihe yari abajijwe umuhanzi yakorana na we icyo gikorwa cy’ijoro rimwe, yahise avuga izina rya Omah Lay.Asobanura ko asanzwe amukunda mu ibanga, Phyna yagize ati: “Ariko numva byaba birambiranye gusa.”

Yakomeje agira ati: “Mu by’ukuri, umuhanzi wo muri Nigeria nakorana na we ijoro rimwe ni Omah Lay. Mu buryo bw’ibanga ndamukunda cyane.”Daily Post yatangaje ko one-night stand bisobanura guhura kw’abantu bakamarana ijoro rimwe mu buryo bwihariye, nta yindi gahunda y’umubano ukomeza nyuma yabyo.



