
Crayon umunyamuziki womuri Nigeria ararshinja Don Jazzy na Mavin Records kumugambanira no kugira uruhare mu ibura Ry’ umubyeyiwe
Uyumuhanzi womuri Nigeria ubutumwa yanyujije Kuri konteye ya Twitter (X) avuga ko mu gihe yari muri iyi nzu ya Marvin Record, atigeze ahabwa uburenganzira nk’ubw’abandi bahanzi bayibamo. Yemeza ko atigeze yitabwaho nk’uko byagenze kuri bamwe mu bakorera muriyinzu itunganya umuziki avuga ko atahawe amahirwe yose akenewe kugira ngo atere imbere ku rwego mpuzamahanga.yagaragajeko iyo na we aza gufashwa uko bikwiye, ubu aba ari ku rwego rumwe na Rema cyangwa amuruta.

Ibi byateye impaka ndende mu bakurikiranira hafi umuziki wa Nigeria, bamwe bashyigikira Crayon bavuga ko hari abahanzi badahabwa amahirwe angana, mu gihe abandi bavuga ko buri muhanzi agira urugendo rwe n’imbaraga ze bwite Umuyobozi munkuru Wa Mavin Records Ntakintu nakimwe aravuga kubutumwa bwokunenga cyane imikorere mibi yiyinzu imenyereweho gutunganya imuziki murikigihugu cya Nigeria



