19.3 C
Kigali
Monday, August 17, 2026
HomeMusic

Music

Riderman, Christopher Muneza, Kevin Kade, Rumaga, Element Eleeeh bamaze guhaguruka iKigali berekeza ihuye Muri Siga Arts Festival

Muneza Christopher, Kevin Kade, Rumaga, Element Eleeeh bahagurutse Rider man, Burikantu na Buringuni bamaze guhaguruka ikigali berekeza i Huye ahagiye kubera Iserukiramuco ry’ubuhanzi ryiswe...

Umuraperi w’ Umwongereza Pete Bowditch yakoze Igitaramo yimanitse mumugozi

Umuraperi w’Umwongereza Pete Bowditch yakoze igitaramo cyasize benshi batunguwe nyuma y’uko kigizwe n’impanuka idasanzwe yabaye mu buryo butari bwitezwe. Uyu muhanzi wari wazanye udushya mu...

Producer Washington agiye gusohora indirimbo zitigeze zisohoka za Goodlyfe

Producer w’inararibonye mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Washington, yatangaje ko afite gahunda yo gusohora indirimbo zimwe na zimwe atigeze asohora mbere yakoranye n’itsinda rya...

Celine Dion yizihije imyaka 30 album “Falling Into You” imaze isohotse

Umuhanzikazi w’ikirangirire ku Isi Celine Dion yibukije abakunzi b’umuziki ko album ye yamamaye cyane “Falling Into You” imaze imyaka 30 isohotse, anashimira uruhare rwayo...

Asake Ayoboye Abahanzi Bumviswe Cyane Kuri Spotify Muri Nigeria Mu Bihe Byose

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Asake yakomeje gushimangira umwanya we mu muziki wa Afurika nyuma yo gutangazwa nk’umuhanzi wumviswe cyane kurusha abandi bose kuri Spotify muri Nigeria...

Tems na Burna Boy bashyize Afurika ku isonga rya Billboard Hot 100

Mu gihe umuziki wa Afurika ukomeje kwaguka ku Isi, abahanzi babiri b’abanya-Nigeria, Tems na Burna Boy, bongeye kugaragaza ko ari ku rwego rwo hejuru...

Masamba Intore na Kidum mu mushinga wa Album

Umuhanzi w’inararibonye mu muziki gakondo w’u Rwanda, Masamba Intore, ari mu myiteguro yo gusohokana Album ihuriweho n’icyamamare mu muziki wa Afurika y’Iburasirazuba, Kidum. Ni umushinga...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img