25.7 C
Kigali
Sunday, August 16, 2026

Megan Thee Stallion yatangaje ko yatandukanye na Klay Thompso

spot_img

Umukinnyi wa filime akaba n’umuririmbyi w’Umunyamerika Megan Thee Stallion yatangaje ko umubano we n’umukinnyi wa NBA Klay Thompson urangiye.

Yemeje ayo makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram ku wa Gatandatu.Megan yavuze ko uyu mukinnyi wa Dallas Mavericks yamuciye inyuma.Yanditse ati:“Ubushukanyi! Wanjyanye mu muryango wawe wose unkina nk’umugore wawe, nyuma uza kugira ubwoba bwo gukomeza. Nagushyigikiye mu bihe byose by’imyitwarire mibi yawe no kuntwara nabi mu gihe cya shampiyona ya basketball, none ubu ngo ntuzi niba ushobora gukundana n’umuntu umwe gusa?

Mpekeneye kuruhuka by’ukuri nyuma y’ibi byose.Murabeho mwese omg, ndabakunda nshuti, ndagusabira.”Mu butumwa bwakurikiyeho, uwo mukinnyi wa basketball aherutse kujya live asubiza ibyo aregwa, agira ati:”Niwe wabanje kunsha inyuma ,birumvikana ko nange nagombaga kubikora. Ikimbabaje gusa ni uko namutangiye arenga miliyoni 4 z’amadolari.sinzongera kubikora ukundi”.Aba bombi batangaje urukundo rwabo ku mugaragaro bwa mbere mu mpera za Nyakanga 2025.

Related Articles

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

28,000FansLike
396,898FollowersFollow
1,800FollowersFollow
0SubscribersSubscribe
- get quality only -spot_img

Latest Articles