25.7 C
Kigali
Sunday, August 16, 2026

Haringingo Francis Christian Mbaya Agiye Kugaruka Muri Rayon Sports nkumutoza mukuru

spot_img

Umutoza Haringingo Francis Ari mubiganiro n’ ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ uko kumunsi wejo yatangajeko yatandukanye n’ Umutoza mukuru wayo Bruno Ferry

Haringingo Francis Christian Mbaya ashobora kugirwa umutoza usimbura Bruno Ferry muri Rayon Sports Mu ijoro ryakeye ni bwo Rayon Sports yatangaje ko yamaze gutandukandana na Bruno Ferry wari uyimazemo amezi atatu gusa

Amakuru ko ku batoza iyi kipe yegereye yifuza ko baza gusimbura uyu mufaransa, harimo na Haringingo Francis Christian Mbaya utoza Kiyovu Sports.

Haringingo Francis Christian Mbaya ntabwo yaba ari mushya muri iyi kipe ya Rayon Sports yambara ubururu n’umweru kubera ko n’Igikombe iheruka ari we wakiyihesheje

Rayon Sports iheruka igikombe gishobora gutuma ihagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika muri 2023 ubwo yatwaraga Igikombe cy’Amahoro, akaba icyo gikombe yaragiheshejwe na Haringingo Francis atsinze mukeba APR FC 1-0 ku mukino wa nyuma

Uyu mutoza w’Umurundi akaba amaze kugira ubunararibonye mu makipe yo mu Rwanda aho yatoje Mukura VS, Rayon Sports na Kiyovu Sports arimo uyu munsi

Mu minsi ishize ubwo yabazwaga ku byo kwerekeza muri Rayon Sports, yavuze ko ari ibisanzwe iyo umukinnyi cyangwa umutoza yitwara neza aba afite benshi bamwifuza ariko we umutima we ukaba uri muri Rayon Sports.

Haringingo Francis Christian Mbaya ntabwo yaba ari mushya muri iyi kipe ya Rayon Sports yambara ubururu n’umweru kubera ko n’Igikombe iheruka ari we wakiyihesheje

Uyumutoza nubundi uzaba agarutse gutoza Rayon Sports Naramuka yumvikanye nubuyobozi bukuru bwiyi ikipe byitezwe ko azatanga umusaruro ufatika kuko bitazamusaba igihe kirekire kugiango amenya Neza ikipe uko ihagaze

Haringingo Francis Christian Mbaya naramuka yumvikanye Neza n’ abayobozi zahabwa inshingano zo kongera kubaka ikipe, kuyigarurira icyizere cy’abafana, no kuyifasha kongera guhaatanira igikombe cya shampiyona.

AFRIZUM OFFERS

Umutoza wa Kiyovu Sports, Haringingo Francis Christian, yavuze ko ari ku mpera y’amasezerano ye muri iyi kipe, ituma yifuzwa n’andi makipe akomeye arimo na Rayon Sports yahozemo mbere Yuko yerekeza muri Kiyovu Sports

Related Articles

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Stay Connected

28,000FansLike
396,898FollowersFollow
1,800FollowersFollow
0SubscribersSubscribe
- get quality only -spot_img

Latest Articles