Ku wa Gatatu tariki ya 30 Nyakanga 2025, Leta ya Kenya yatangaje politiki nshya igamije gukumira ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge mu buryo budakurikije amategeko. Iyi...
Mu Ntara za amajyaruguru ya Kordofan na amajyepfo Kordofan, ibikorwa bya kinyamaswa byateguwe n’inzego zitandukanye byateje urupfu rwa abaturage benshi, guhunga ku bwinshi ndetse...
Ku wa 26 Nyakanga 2025, u Rwanda rwatoranyijwe n’ibihugu bigize Impuzamashyaka y’Ibidukikije muri Afurika y’Iburasirazuba (East Africa Green Federation, EAGF), ngo rube ari rwo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025, yasabye abagize Guverinoma nshya gushyira imbere inyungu z’igihugu no gukorera...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Dr. Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda, amusimbuza Dr. Édouard Ngirente wari kuri uyu mwanya kuva...