20.9 C
Rwanda
Sunday, August 3, 2025
HomeTagsNewspaper

Tag: newspaper

spot_imgspot_img

Ifoto y’Amateka: Uko Ingabo za RPA Zinjiye i Kigali ku wa 4 Nyakanga 1994 Menya Byinshi Byabaranze.

Mu mateka y’u Rwanda, tariki ya 1 Ukwakira 1990 ni umunsi w’ingenzi watangije urugamba rwo kubohora igihugu, rwatangijwe n’ingabo za RPA (Rwandese Patriotic Army)....

Ross Kana yavuze ku kuva muri 1:55 AM, ese kuriwe haricyo byahinduye ku muzika ye.

Umuraperi nyarwanda Ross Kana yagaragaje ko kuva mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM itari intambwe igamije guterana amagambo, ahubwo ari ugukurikirana inzozi ze...

Stromae yagaragaye kuri album nshya ya Burna Boy irajya ahagaragara ryari.

Umuririmbyi w’Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda, Paul Van Haver uzwi nka Stromae, ari mu bahanzi bashyizwe kuri album nshya y’umunya-Nigeria Burna Boy yitwa ‘No...

Amerika ishobora gutuma isi ihomba ubuzima nk’ uko byatewe na covid-19

Raporo nshya yasohowe n’inzobere mu by’ubuzima rusange zivuga ko igabanywa ry’ubufasha ritangwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishobora guteza imfu zingana n’izo icyorezo...

Urubanza rwa DIDDY rwubuye imitwe yaba agiye gukanirwa urumukwiye.

Urubanza ruri gukurikirwa n’Isi yose ruregwamo umuraperi w’icyamamare Sean Combs, uzwi nka Diddy, rwinjiye mu cyiciro cya nyuma kuri uyu wa Mbere tariki ya...

Arenga miliyari 140frw yashowe mubwikorezi na Banki y,Isi mumujyi wa Kigali.

144 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha kunoza serivisi z’ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali, binyuze mu mushinga Rwanda Urban Mobility Improvement (RUMI). Ni umushinga witezweho impinduka zikomeye...

Ikihishe inyuma yimikoranire ya sherrie silver na ambasaderi w,Ubufaransa m,URWANDA.

Sherrie Silver yateye inkunga abagore babyaye bakiri bato, abaha amahugurwa abafasha kwiyubaka binyuze mu mushinga “Imigozi y’Ibyiringiro” Kigali – Umunyarwandakazi wamamaye ku rwego mpuzamahanga mu...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img