21.9 C
Rwanda
Sunday, August 3, 2025
HomeNews

News

spot_img

Kigali Batatu batawe muri yombi bacuruza urumogi na kanyanga

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya Ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu Karere ka Gasabo na Kicukiro ryafashe abantu batatu bacuruza ibiyobyabwenge by’urumogi na kanyanga. Aba bagabo bafashwe...

Amateka y’Umuganura n’uko wizihizwaga mu Rwanda

Buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura, abakuze bavuga ko kwizihiza umuhango w’umuganura ari ugusigasira umurage w’u Rwanda, bitewe...

Rugaju Reagan na Frank “Jangwani” batawe muri yombi bazira uburiganya

Mu Rwanda, inkuru igezweho mu mupira w’amaguru ni ifatwa ry’abayobozi bakomeye mu ikipe ya APR FC, barimo Rugaju Reagan na Frank "Jangwani", bashinjwa ibyaha...

Ihohoterwa Rishingiye ku Ntambara Rikomeje Guteza Umwiryane muri Somalia

Mu gihugu cya Somalia, intambara zidashira zishingiye ku nyungu za politiki, idini, n’ubutaka zikomeje gukwira imishwaro abaturage b’inzirakarengane, zibatera guhunga amazu yabo no gusiga...

Leta ya Kenya Yazamuye Imyaka yo Kwemerewa Kunywa Inzoga Iva ku 18 Igera ku 21

Ku wa Gatatu tariki ya 30 Nyakanga 2025, Leta ya Kenya yatangaje politiki nshya igamije gukumira ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge mu buryo budakurikije amategeko. Iyi...

Sudani Intambara zikomeye mu Ntara za Kordofan zateye urupfu rwa benshi.

Mu Ntara za amajyaruguru ya Kordofan na amajyepfo Kordofan, ibikorwa bya kinyamaswa byateguwe n’inzego zitandukanye byateje urupfu rwa abaturage benshi, guhunga ku bwinshi ndetse...

U Rwanda Ruri mu Murongo Mwiza wo Kurandura Hepatite B Burundu Muri 2030

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko u Rwanda rugeze kure mu rugamba rwo kurandura burundu indwara ya Hepatite B bitarenze umwaka wa 2030....

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img