21 C
Rwanda
Saturday, August 2, 2025
HomeENTERTAINMENTS

ENTERTAINMENTS

spot_img

Snoop Dogg Ubu Nawe Numwe Mubayobozi ba Swansea City AFC.

Nyuma y’imyaka myinshi ari mu muziki, umuraperi w’icyamamare ku Isi, Snoop Dogg, yongeye kwerekana ko afite inyota yo kwagura ibikorwa mu nzego zitandukanye, yinjira...

Maurene Comey Yakuyemo Akarenge nyuma y’uko Diddy ahamijwe ibyaha bibiri gusa.

Maurene Comey, wari Umuyobozi w’itsinda ry’abashinjacyaha mu rubanza rwa Sean Combs uzwi cyane nka Diddy, yirukanywe ku kazi ke nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru bikomeye birimo...

Burna Boy yiseguye ku magambo yavuze kunjyana Ya Afrobeats.

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Burna Boy, yisunze itangazamakuru kugira ngo asabe imbabazi ku magambo yavuze mu mwaka wa 2023 yatesheje agaciro injyana ya...

Katy Perry Nyuma Yo Kubona Umugabo Yizerereza Hafi Y,urugo Rwe Yatanze Ikirego.

Santa Barbara, California – Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Katy Perry, yashyikirije inkiko ubusabe bwo gucungirwa umutekano we n’uw’umuryango we nyuma y’uko umugabo utagira aho...

Miss Iradukunda Liliane Mubyishimo Byinshi ku Isabukuru Y,umukunzi We.

Uyu mukobwa ukunzwe cyane mu Rwanda, yasangije abamukurikira kuri Instagram amafoto ari kumwe n’umukunzi we, aherekeje n’amagambo agaragaza ko bari mu rukundo rukomeye kandi...

Ernesto Ugeziwe yemejwe nk’umwe mu banyamuryango ba Recording Academy itegura Grammy Awards

Ugeziwe Ernesto, wahoze akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Rwanda (RBA) nk’umunyamakuru, yagizwe umwe mu banyamuryango bashya ba Recording Academy, ikigo kizwi ku rwego...

Byahinduye Isura Ubu Kuyarya Nukuyavunikira Kuki YouTube Yaba Yafashe Iyi Mwanzuro.

Tariki ya 15 Nyakanga 2025 ni yo izatangirwaho n’ishyirwa mu bikorwa ry’aya mabwiriza mashya Urubuga rwa YouTube rwatangaje icyemezo gishya kigamije kurengera ubuziranenge n’umwimerere w’ibihangano...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img